Umunyarwanda Habiyaremye Cedric uri gukurikirana amasomo y’ikirenga mu by’ubuhinzi muri Washington State University yo muri Leta Zunze Ubumwe za America, avuga ko inzozi ze ari uguteza imbere Ubuhinzi bwo mu Rwanda, muri Africa n’ahandi ku Isi bukiri inyuma. Avuga ko kurandura ikibazo k’imirire mibi mu Rwanda bishoboka ariko ko bigoye kuvuga igihe iki kibazo cyazabera amateka kuko bisaba guhozaho.

Brother keep it up, it is very crucial to install food security most people dying for lacking food.